Mu Karere ka Kamonyi, uruganda Ingufu Gin Ltd rwahinduye ubuzima bw’abaturage mu buryo bugaragara. Uretse kuzana ibicuruzwa by’ubuziranenge ku isoko, uru ruganda rwatangije impinduka nziza mu mibereho y’abakozi, imiryango yabo, n’iterambere ry’akarere. Mu muco n’amateka by’Abanyarwanda inzoga ni ikintu gikomeye. Uzumva n’imigani myinshi bahimbye bayishingiyeho nk’ugira uti “Inzoga ni Mucyurabuhoro”, ikaba imfura inyobwa n’indi. Ni […]
Cameroon: Conflict exacerbates economic crisis
Referring to CajNews, Cameroon is facing a severe, ongoing armed conflict known as the “Anglophone Crisis”, affecting mainly its English-speaking Northwest and Southwest regions, with spillover into the Littoral and West regions, disrupting food security. The Famine Early Warning Systems Network (FEWS NET) reports that persistent conflict and insecurity continue to disrupt livelihoods and restrict […]
Gloria Mukamabano wa RBA yasezeye
Umunyamakuru Gloria Mukamabano , wari umaze imyaka icyenda mu Urwego rw’Igihugu rw’Itangazamakuru (RBA), yasezeye. Amakuru avuga ko yasezeye kuri uyu wa Kane tariki ya 26 Gashyantare 2026, ashimira abantu bose yakoranye na bo . Ntabwo hahise hamenyekana indi mirimo agiye gukomeza . Mukamabano Gloria ni umwe mu banyamakuru b’abagore bazwi cyane mu Rwanda, akaba yaramenyekanye […]
Mezique: Perezida wa Mexique ashobora kurega Elon Musk umushinja gukorana n’abacuruza ibiyobyabwenge
Mezique: Perezida wa Mexique ashobora kurega Elon Musk umushinja gukorana n’abacuruza ibiyobyabwenge Perezida wa Mexique, Claudia Sheinbaum yatangaje ko ari gutekereza kujyana mu nkiko umukire Elon Musk wamushinza gukorana n’abacuruzi b’ibiyobyabwenge. Musk yavuze ko Perezida Sheinbaum akorana n’abacuruza ibiyobyabwenge binyuze ku butumwa yashyize kuri X, avuga ku mashusho y’uyu mukuru w’igihugu yo mu 2025, ubwo […]
Lt. Col Willy Ngoma wari Umuvugizi wa AFC/M23 Yarashwe
Lt. Col Willy Ngoma wari Umuvugizi w’ihuriro AFC/M23 biravugwa ko yarasiwe mu gitero cya Drone cy’ingabo za Congo, FARDC mu gace ka Rubaya. Bamwe mu bari ku ruhande rwa leta ya Congo, baremeza ko Willy Ngoma yarashwe mu masaha y’igicuku ashyira saa cyenda z’ijoro (02:42 a.m) hafi y’umurima munini w’uwitwa Gahizi. Kugeza ubu ntacyo AFC/M23 […]
Uganda: Abagore babiri bo muri Uganda batawe muri yombi bazira gusomana mu ruhame
Polisi ya Uganda yatangaje ko yataye muri yombi abagore babiri bafashwe basomana mu ruhame, ibifatwa nk’igikorwa cy’abaryamana bahuje ibitsina kandi bitemewe muri iki gihugu. Itangazo ryashyizwe hanze na polisi ya Uganda rivuga ko aba bagore bafatiwe mu gace ka Arua, mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bwa Uganda. Batawe muri yombi ku wa 18 Gashyantare 2026. Umuvugizi […]
Itangazo rireba buri munyarwanda woese: Imisanzu y’ubwisungane mu kwivuza yiyongereye! Dore ibiciro bishya bya Mituweli 2026
Igazeti ya Leta ya y’u Rwanda yasohotse ku wa 23 Gashyantare 2026 yemeje ibiciro bishya by’ubwisungane mu kwivuza (Mutuelle de Santé), ihamya ko amakuru yavugwaga ko umuturage azajya yishyura ibihumbi mirongo itandatu ari ibihuha bidafite ishingiro. Iri tangazo ryasohotse rigaragaza ko amafaranga y’ubwisungane mu kwivuza azakomeza kugenwa hashingiwe ku byiciro by’imibereho (Ubudehe) byanditse muri sisitemu […]
Rwanda: Kyra Nkezabera yari yabashije kugera mu cyiciro cya nyuma cya Miss Belgique ariko byarangiye adahiriwe no kwegukana iri kamba
Mu mpera z’icyumweru turangije imwe mu nkuru zagarutsweho by’umwihariko mu gihugu cy’u Bubiligi, ni uko batoye ‘Miss Belgique’ watsinze 31 bari bahatanye barimo n’ufite inkomoko mu Rwanda. Abakobwa 32 n ibo babashije kugera mu cyiciro cya nyuma cya ‘Miss Belgique’, muri aba uretse Olga Lambordo wegukanye ikamba, harimo na Kyra Nkezabera ukomoka ku mubyeyi umwe […]
How much Google AdSense pay for 10,000 views?
The payment from Google AdSense for 10,000 views varies depending on factors like the ad type, viewer demographics, ad engagement, and the ad network’s payout rates. AdSense earnings are typically based on RPM (Revenue Per Mille), representing the average earnings per 1,000 views. RPM rates can range from a few cents to several dollars. For […]
Tanzania: Police arrest man who killed his son by slitting his throat
This is a 38-year-old man named Emmanuel Kisumo, who lives in Mwanza province, who killed his son by slitting his throat on the grounds that the child was not his bloodline but that his wife had given birth to him outside. After killing his three-year-old son, who he claimed was not his bloodline, he immediately […]