Muri Rusizi, inzego z’umutekano zafashe abantu 36 bakekwaho kuba mu gatsiko k’Abameni kiba amatungo n’amafaranga kuri telefone. Urwego rw’umutekano n’ubuyobozi mu Murenge wa Nyakarenzo, Akarere ka Rusizi, rwakoze umukwabu ukomeye watumye hatabwa muri yombi abagabo n’abasore 36 bakekwaho kuba mu mutwe w’abagizi ba nabi biyise “Abameni”. Aba bakekwa bafatiwe mu Tugari twa Rusambu, Kabuye, na […]
U Rwanda: Abana batujuje imyaka y’ubukure ku mbuga nkoranyambaga bagiye gukumirwa
U Rwanda ruri guteganya gukumira abana batujuje imyaka y’ubukure ku mbuga nkoranyambaga U Rwanda ruri gutegura itegeko rishobora kugena imyaka 16 ku bana bakoresha imbuga nkoranyambaga, hagamijwe kubarinda ingaruka z’ikoranabuhanga. Mu gihe ikoranabuhanga rikomeje kwinjira mu mibereho ya buri munsi, Leta y’u Rwanda iri gusuzuma ishyirwaho ry’itegeko rishobora kugena imyaka ntarengwa abana bemerewe gukoresha imbuga […]
Kigali: Hatangiye kugeragezwa uburyo bwo kumenya aho Bisi igeze n’imyanya isigayemo hifashishijwe ikoranabuhanga
Ecofleet Solutions yatangiye kugerageza ikoranabuhanga ry’ubwenge buhanga (AI) rifasha kumenya aho bisi igeze n’imyanya irimo. Sosiyete ishinzwe gutwara abantu mu buryo bwa rusange mu Mujyi wa Kigali, Ecofleet Solutions, yatangaje intambwe ikomeye mu gukemura ikibazo cy’ingendo binyuze mu ikoranabuhanga. Kuva ubu, hatangiye kugeragezwa uburyo bushya buzajya bufasha abagenzi kumenya amakuru arambuye kuri bisi, burimo: kumenya aho […]
Uburyo bushya bwo kugendana amafaranga mu mubiri wa muntu
Ubu iyo uzengurutse mu masoko hirya no hino kw’Isi kuva muri Afurika, Aziya, Amerika n’u Burayi usanga abishyura ibicurunzwa na Serivise bahawe, akenshi bakoresha amakarita y’ama banki babitsemo amafaranga yabo. Gusa ubu muri Leta zunze ubumwe z’Amerika hari gukoresha ikiganza cyangwa ukuboko mu kwishyura ibicurunzwa waguze ubu buryo bunzwi nka “Microchip” n’ubwo butarakwira kwira ahandi […]
Ruhango: Umugabo yapfiriye mu muganda nyuma yo kurwirwa n’igikuta cy’ishuri
Emmanuel Nyandwi w’imyaka 45 yitabye Imana nyuma yo kugwirwa n’igikuta cy’ishuri mu muganda mu Karere ka Ruhango. Mu Karere ka Ruhango, mu Murenge wa Mwendo, habaye ibyago bikomeye ubwo umugabo witwa Nyandwi Emmanuel yagwirirwaga n’igikuta cy’ishuri agahita apfa. Uyu mugabo wari ufite imyaka 45, yari yazindutse ajya mu muganda hamwe n’abandi baturage. Hari gahunda yo […]
Rwanda: Umwarimu wo mu mashuri asabwa kuba yararangije Kaminuza
Amakuru avuye ku rubuga rwitwa www.bigezweho.rw, ikinyamakuru kimaze kwandika izina hano mu rwanda no mu mahanga aravuga ko Urwego rw’Igihugu rushinzwe Uburezi bw’Ibanze (REB) rwatangaje amavugurura akomeye azatuma abarimu b’amashuri abanza basabwa kuba bafite impamyabumenyi ya Kaminuza. Urwego rw’Igihugu rushinzwe Uburezi bw’Ibanze (REB) rwatangaje impinduka zikomeye mu rwego rwo kuzamura ireme ry’uburezi, aho uburyo abarimu […]
Dore byinshi wamenya kuri Uncle Austinkandi byagufasha mu buzima busanzwe n’uko yafashije abahanzi bazwi
REB: Dore amakuru ajyanye na mutation ku barezi
Muri phases 6 ziri muri uyu mwaka, phase ya mbere niyo irangiye. mu kwa gatanu harakurikiraho mutation kuri ariya matariki mwabonye kuri iyo screenshot
Dore uko umutungo ugabanywa ku babana batarasezeranye iyo batandukanye
Mu Rwanda, usanga hari abantu benshi babana nk’umugabo n’umugore batarasezeranye imbere y’amategeko, bamwe bakibaza uko bigenda ku mutungo mu gihe habayeho gutandukana. Ababana nk’umugore n’umugabo batarasezeranye imbere y’Amategeko barashishikarizwa gusezerana. N’ubwo kudasezerana bituma batagira amasezerano yemewe n’amategeko agenga imicungire y’umutungo nk’abashyingiranywe, ntibivuze ko umwe ashobora kwiharira umutungo wose mu gihe batandukanye. Umurongo umaze gufatwa ugaragaza […]
Amerika irashaka kwisubiraho ahari kuko yongereye igihe cyo kutarasa kuri Iran
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko agahenge kazakomeza kugeza hasojwe ibiganiro bihagarika intambara ya Iran igiye kumara amezi abiri. Perezida wa Amerika yizera ko iyi ntambara yashoje kuri Iran izarangira mu buryo bwa dipolomasi. Yavuze ko azakomeza gufunga ibyambu bya Iran, ku buryo nta bwato buva cyangwa ngo bujye muri […]