Kuva intambara ya Iran na Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangira, Iran imaze kwangiza ibirindiro bya Amerika 16 biri mu bihugu umunani, aho bimwe muri byo byahindutse umuyonga ku buryo bitakongera gukoreshwa. Ibi ni ibyavuye mu icukumbura ryakozwe na CNN, rigaragaza ko ibyinshi muri ibyo birindiro byari iby’ibanze Amerika yari ifite mu kigobe cy’Abarabu (Arabian […]
U Rwanda rwakiriye ishimwe rikomeye rya Banki y’Isi ku ishoramari ku muturage
Waba ufite umwana wifuza gukora stage muri “Networking and technology, computer system, software development, telecommunication, editing, gukora upload kuri website, hamagara kuri 0783116328 cyangwa utwandikire kuri whatsap tugufashe. U Rwanda rwashimiwe na Banki y’isi binyuze mu gipimo cya HCI+, rwerekana ko ari intangarugero mu gushora imari mu buzima, uburezi n’ubumenyi bw’abaturage. Icyo iki gihembo cyatangiwe […]
Uganda yashyizeho ingamba zikakaye zo gukumira imbuga z’urukozasoni
Uganda yafunze imbuga zirenga 500 zari zisanzwe zigaragaza amashusho y’urukozasoni, mu rwego rwo kurinda indangagaciro z’igihugu no gukumira ingaruka ku rubyiruko. Guverinoma ya Uganda ibinyujije muri Komisiyo ishinzwe itumanaho UCC (Uganda Communications Commission), yafashe icyemezo gikomeye cyo gukumira imbuga za internet zikwirakwiza amashusho y’urukozasoni, igamije kugabanya ibinyuranyije n’umuco n’indangagaciro by’igihugu. Aya mabwiriza yahawe ibigo by’itumanaho mu […]
Iran has prepared a serious threat to the United States if it continues to try to attack it
The Iranian government has once again warned of heavy weapons whenever the United States tries to attack its territory or assets. After the peace talks between Iran and the United States in Pakistan failed, the United States immediately announced that although it is also facing the consequences of war, the greater loss will be for […]
Fasita; isoko ryo kuri internet rikorera i Huye
Uwayo Benjamin w’imyaka 24, amaze umwaka ashinze mu Karere ka Huye kompanyi yise FASITA, ikora ubucuruzi bwifashisha internet, ndetse abaguze ibintu bakabigezwaho. FASITA (Fast Access to Shopping and Innovative Technology Solutions) ikora nk’isoko ryo kuri internet, aho umuntu ashobora kujya ku rubuga rwayo, akagura ibintu ndetse akabyishyura, nabo bakabimugezaho. Kugeza ubu ikorera gusa mu Karere […]
ITANGAZO KU NGENDO Z’ABANYESHURI MU GIHE CYO GUSUBIRA KU MASHURI
Dore bimwe mu bigaragara ku rubuga www.andikanews.rw
uru rubuga ruriho amasomo ya literature atandukanye, amakuru mu rurimi rw’ikinyarwanda, icyongereza, akazi, kugura no kugurisha, amatangazo, cyamunara, ndetse n’imyidagaduro murusure murarushaho kurukunda
Toyota Corola Verso ihendutse cyane
ifite ibyangombwa byose tel: +250 788 878 546 Price: 8 500 000Frws
Dore uko gahunda yo gutangiza icyumweru cyo kwibuka mu karere kacu iteye
Bamwe bavuga ko kurya umutwe w’ifi bituma umuntu agira ubwenge. Wowe ubyumva ute?
Waba warigeze wumva abantu bavuga ko umwana muto uriye ubwonko bw’Ifi agira ubwenge bwinshi mu ishuri ndetse akaba n’umuhanga mu bintu bitandukanye. Iki kibazo cyasubijwe n’impuguke mu by’imirire Ndikubwayo Innocent ukora ku kigonderabuzima cya Burehe mu karere ka Rulindo yavuze ko ubwonko bw’Ifi budatuma umuntu agira ubwenge ahubwo ko Ifi muri rusange ariyo ifasha ubwonko […]